2026
Menya byinshi ku mateka y’ubuhinzi mu Rwanda
Ndagushuhuje wowe muhinzi nawe mworozi, iki ni igice twahariye kumenya byinshi ku buhinzi yewe n’ubworozi, aho tuzajya tunasobanukirwa byinshi bibikomokaho bigira akamaro ku buzima bwa muntu. Aha tugiye kubanza dusobanukirwe igihembwe k’ihinga ese kuki bivugwa gutya? Ese tujya dusobanukirwa ibihingwa bihingwa muri ibyo bihembwe? Mu Rwanda turi mu gihembwe k’ihinga cya 2026 A. Iki gihembwe…
Ubuhamya bwanjye mu bworozi (Mujawamariya Antointte)
Mujawamariya Antointte ni umukobwa ukiri muto mu buzima busanzwe ni umworozi wo mu karere ka Rusizi akaba yorora ingurube ndetse n’inkoko ibi byose akaba abikora abikunze ndetse akanabikora nk’akazi ke ka burimunsi. Uyu muworozi avuga ko yatangiriye ku mushinga w’ikoko ariko bibanza kwanga kubera kuburya ubushobozi bwo kuzigaburira, ariko umutima wo gutangira ubworozi watangiriye ku…

