News
farmers news
Ibanga ry’Ubworozi bw’Imbata: Amafaranga Aturuka mu Kintu Gito kikabyara Byinshi
Ubworozi bw’imbata ni nk’ubutunzi buhishe mu byatsi, benshi babunyuraho ntibamenye ko burimo zahabu . 1. Imbata ni iki, kandi kuki ikwiye kwitabwaho? Imbata ni itungo rito, rituje, ridahenze kurirera ariko ritanga inyungu nini. Ni itungo ritandukanye n’andi kuko: 👉 Aho abantu benshi bayifata nk’inyamaswa yo mu ishyamba, mu by’ukuri ni uruganda rw’inyama ruto rushobora kuba…
Ubuhizi bw’ibihaza i wacu mu rugo
Abenshi mu banyarwanda ntabwo bajya baha agaciro ubuhinzi bw’ibihaza ariko reka turebe ibyingenzi kuri ubu buhinzi ariko turi i wacu mu rugo. ibitajya bihabwa agaciro cyane 1. Kuki wahitamo guhinga ibihaza mu rugo? Ibihaza ni nk’inshuti y’umuryango. Biroroshye guhinga, bikenera ubutaka buto, kandi bifite intungamubiri nyinshi.Birimo: Ikirenzeho, ibihaza birabika igihe kirekire, bigatuma urugo ruba rufite…
Menya byinshi ku mateka y’ubuhinzi mu Rwanda
Ndagushuhuje wowe muhinzi nawe mworozi, iki ni igice twahariye kumenya byinshi ku buhinzi yewe n’ubworozi, aho tuzajya tunasobanukirwa byinshi bibikomokaho bigira akamaro ku buzima bwa muntu. Aha tugiye kubanza dusobanukirwe igihembwe k’ihinga ese kuki bivugwa gutya? Ese tujya dusobanukirwa ibihingwa bihingwa muri ibyo bihembwe? Mu Rwanda turi mu gihembwe k’ihinga cya 2026 A. Iki gihembwe…
Ibyingenzi ku bworozi bw’ihene
Ubworozi bw’ihene ni nk’uruganda ruto ruri mu rugo, rwinjiza amafranga bucece ariko bikagaragara. Aya matungo, akarya ibintu hafi ya byose kandi zigatanga umusaruro mu gihe gito . ibi ni bmwe mu makuru yuzuye yagufasha gutangira cyangwa kunoza ubworozi bw’ihene: 1. Akamaro k’ubworozi bw’ihene 2. Amoko y’ihene Ariko nanone inama zatangwa ni uko Guhuza ihene gakondo…
Ibyingenzi wagenderaho mu buhinzi bw’amatunda (Imbuto zitandukanye)
1. Icyo ubuhinzi bw’amatunda busobanuye Akenshi mu Rwanda iyo twumvishe amatunda twunva imbuto zinzwi nk’amatunda asanzwe ahingwa ariko uyumunshi ngiye kwifashisha ijambo amatunda nshaka gusobanura imbuto muri rusange kugirango wunve ko nituvuga amatunda utaza kunva gusa igiti cy’itunda. Ubuhinzi bw’amatunda aha ni uguhinga ibiti cyangwa ibimera bitanga imbuto ziribwa n’abantu, ziba izo kurya buri munsi,…
Ubworozi bw’Imbeba za Kizungu kuri Cyubahiro James
Cyubahiro James ni umworozi wa Cobaille mu karere ka Rubavu ubu ni ubworozi abenshi bazi nk’imbeba za kizungu, iyo witegereje uyu mugabo ubona ko ari ubworozi yashyizemo imbaraga dore ko ari nawe uhagarariye aborozi b’iri tungo mu Rwanda. AMATEKA Imbeba za kizungu ni imbeba zera zoroheje cyane, zizwi cyane mu bushakashatsi bwa siyansi no mu…
SOBANUKIRWA UBWOROZI BW’INKOKO
Ubworozi bw’inkoko Intangiriro Ubworozi bw’inkoko Muri rusange, ubworozi bw’inkoko zaba iz’amagi cyangwa se iz’inyama ntibusaba ahantu hanini ho kororera, bukaba bukemura ikibazo cy’ubutaka buke. Mu by’ukuri ubworozi bw’inkoko bukwiranye n’igihe tugezemo cyo kubyaza umusaruro mwinshi ubutaka buto dufite. Urebye ubworozi bw’inkoko, uburyo bifashisha mu cyaro naho bareka inkoko murugo zonyine ntibaziteho cyangwa zikitabwaho gacye.[1] Imishwi Kuva ku…
- 1
- 2

