Ibanga ry’Ubworozi bw’Imbata: Amafaranga Aturuka mu Kintu Gito kikabyara Byinshi

Ubworozi bw’imbata ni nk’ubutunzi buhishe mu byatsi, benshi babunyuraho ntibamenye ko burimo zahabu . 1. Imbata ni iki, kandi kuki ikwiye kwitabwaho? Imbata ni itungo rito, rituje, ridahenze kurirera ariko ritanga inyungu nini. Ni itungo ritandukanye n’andi kuko: 👉 Aho abantu benshi bayifata nk’inyamaswa yo mu ishyamba, mu by’ukuri ni uruganda rw’inyama ruto rushobora kuba…

Read More

Ubuhizi bw’ibihaza i wacu mu rugo

Abenshi mu banyarwanda ntabwo bajya baha agaciro ubuhinzi bw’ibihaza ariko reka turebe ibyingenzi kuri ubu buhinzi ariko turi i wacu mu rugo. ibitajya bihabwa agaciro cyane 1. Kuki wahitamo guhinga ibihaza mu rugo? Ibihaza ni nk’inshuti y’umuryango. Biroroshye guhinga, bikenera ubutaka buto, kandi bifite intungamubiri nyinshi.Birimo: Ikirenzeho, ibihaza birabika igihe kirekire, bigatuma urugo ruba rufite…

Read More

Menya byinshi ku mateka y’ubuhinzi mu Rwanda

Ndagushuhuje wowe muhinzi nawe mworozi, iki ni igice twahariye kumenya byinshi ku buhinzi yewe n’ubworozi, aho tuzajya tunasobanukirwa byinshi bibikomokaho bigira akamaro ku buzima bwa muntu. Aha tugiye kubanza dusobanukirwe igihembwe k’ihinga ese kuki bivugwa gutya? Ese tujya dusobanukirwa ibihingwa bihingwa muri ibyo bihembwe? Mu Rwanda turi mu gihembwe k’ihinga cya  2026 A.  Iki gihembwe…

Read More