January 2026
Ibyingenzi ku bworozi bw’ihene
Ubworozi bw’ihene ni nk’uruganda ruto ruri mu rugo, rwinjiza amafranga bucece ariko bikagaragara. Aya matungo, akarya ibintu hafi ya byose kandi zigatanga umusaruro mu gihe gito . ibi ni bmwe mu makuru yuzuye yagufasha gutangira cyangwa kunoza ubworozi bw’ihene: 1. Akamaro k’ubworozi bw’ihene 2. Amoko y’ihene Ariko nanone inama zatangwa ni uko Guhuza ihene gakondo…
Ibyingenzi wagenderaho mu buhinzi bw’amatunda (Imbuto zitandukanye)
1. Icyo ubuhinzi bw’amatunda busobanuye Akenshi mu Rwanda iyo twumvishe amatunda twunva imbuto zinzwi nk’amatunda asanzwe ahingwa ariko uyumunshi ngiye kwifashisha ijambo amatunda nshaka gusobanura imbuto muri rusange kugirango wunve ko nituvuga amatunda utaza kunva gusa igiti cy’itunda. Ubuhinzi bw’amatunda aha ni uguhinga ibiti cyangwa ibimera bitanga imbuto ziribwa n’abantu, ziba izo kurya buri munsi,…
Ubworozi bw’Imbeba za Kizungu kuri Cyubahiro James
Cyubahiro James ni umworozi wa Cobaille mu karere ka Rubavu ubu ni ubworozi abenshi bazi nk’imbeba za kizungu, iyo witegereje uyu mugabo ubona ko ari ubworozi yashyizemo imbaraga dore ko ari nawe uhagarariye aborozi b’iri tungo mu Rwanda. AMATEKA Imbeba za kizungu ni imbeba zera zoroheje cyane, zizwi cyane mu bushakashatsi bwa siyansi no mu…
SOBANUKIRWA UBWOROZI BW’INKOKO
Ubworozi bw’inkoko Intangiriro Ubworozi bw’inkoko Muri rusange, ubworozi bw’inkoko zaba iz’amagi cyangwa se iz’inyama ntibusaba ahantu hanini ho kororera, bukaba bukemura ikibazo cy’ubutaka buke. Mu by’ukuri ubworozi bw’inkoko bukwiranye n’igihe tugezemo cyo kubyaza umusaruro mwinshi ubutaka buto dufite. Urebye ubworozi bw’inkoko, uburyo bifashisha mu cyaro naho bareka inkoko murugo zonyine ntibaziteho cyangwa zikitabwaho gacye.[1] Imishwi Kuva ku…
Itungo ngandurarugo
Mu matungo yose yororerwa mu rugo, ingurube ni ryo tungo ribyazwa umusaruro utubutse, ibyo iba yariye kurusha ayandi matungo, kubera ko uko irya ari na ko yiyongera ibiro byinshi kandi vuba; ni ukuvuga ko ibiryo byose iriye biyiyoboka. Ingurube irya ibiryo byose uyihaye : ibisigazwa byo mu gikoni, ibiryo bikomoka ku bikatsi, ibituruka ku mavuta, ku…
Umworozi w’ingurube umaze gukora amateka mu Rwanda
Shirimpumu Jean Claude, umworozi w’ingurube mu Rwanda, hamwe n’ibyo yakoze n’uko yabaye urugero mu bworozi bw’ingurube mu gihugu cy’u Rwanda Uburyo yatangiye n’ibyo akora Shirimpumu Jean Claude ni umworozi w’ingurube akaba n’umuyobozi w’ishami ry’aborozi b’ingurube mu Rwanda. Akorera mu Karere ka Gicumbi mu Ntara y’Amajyaruguru, aho afite kandi ikigo cy’ubworozi kitwa Vision Agribusiness Farm Ltd,…

