Menya byinshi ku mateka y’ubuhinzi mu Rwanda
Ndagushuhuje wowe muhinzi nawe mworozi, iki ni igice twahariye kumenya byinshi ku buhinzi yewe n’ubworozi, aho tuzajya tunasobanukirwa byinshi bibikomokaho bigira akamaro ku buzima bwa muntu. Aha tugiye kubanza dusobanukirwe igihembwe k’ihinga ese kuki bivugwa gutya? Ese tujya dusobanukirwa ibihingwa bihingwa muri ibyo bihembwe? Mu Rwanda turi mu gihembwe k’ihinga cya 2026 A. Iki gihembwe…

