Ibyingenzi wagenderaho mu buhinzi bw’amatunda (Imbuto zitandukanye)

1. Icyo ubuhinzi bw’amatunda busobanuye Akenshi mu Rwanda iyo twumvishe amatunda twunva imbuto zinzwi nk’amatunda asanzwe ahingwa ariko uyumunshi ngiye kwifashisha ijambo amatunda nshaka gusobanura imbuto muri rusange kugirango wunve ko nituvuga amatunda utaza kunva gusa igiti cy’itunda. Ubuhinzi bw’amatunda aha ni uguhinga ibiti cyangwa ibimera bitanga imbuto ziribwa n’abantu, ziba izo kurya buri munsi,…

Read More

Itungo ngandurarugo

Mu matungo yose yororerwa mu rugo, ingurube ni ryo tungo ribyazwa umusaruro utubutse, ibyo iba yariye kurusha ayandi matungo, kubera ko uko irya ari na ko yiyongera ibiro byinshi kandi vuba; ni ukuvuga ko ibiryo byose iriye biyiyoboka. Ingurube irya ibiryo byose uyihaye : ibisigazwa byo mu gikoni, ibiryo bikomoka ku bikatsi, ibituruka ku mavuta, ku…

Read More

Menya byinshi ku mateka y’ubuhinzi mu Rwanda

Ndagushuhuje wowe muhinzi nawe mworozi, iki ni igice twahariye kumenya byinshi ku buhinzi yewe n’ubworozi, aho tuzajya tunasobanukirwa byinshi bibikomokaho bigira akamaro ku buzima bwa muntu. Aha tugiye kubanza dusobanukirwe igihembwe k’ihinga ese kuki bivugwa gutya? Ese tujya dusobanukirwa ibihingwa bihingwa muri ibyo bihembwe? Mu Rwanda turi mu gihembwe k’ihinga cya  2026 A.  Iki gihembwe…

Read More