SOBANUKIRWA UBWOROZI BW’INKOKO

Ubworozi bw’inkoko Intangiriro Ubworozi bw’inkoko Muri rusange, ubworozi bw’inkoko zaba iz’amagi cyangwa se iz’inyama ntibusaba ahantu hanini ho kororera, bukaba bukemura ikibazo cy’ubutaka buke. Mu by’ukuri ubworozi bw’inkoko bukwiranye n’igihe tugezemo cyo kubyaza umusaruro mwinshi ubutaka buto dufite. Urebye ubworozi bw’inkoko, uburyo bifashisha mu cyaro naho bareka inkoko murugo zonyine ntibaziteho cyangwa zikitabwaho gacye.[1] Imishwi Kuva ku…

Read More

Ibyingenzi wagenderaho mu buhinzi bw’amatunda (Imbuto zitandukanye)

1. Icyo ubuhinzi bw’amatunda busobanuye Akenshi mu Rwanda iyo twumvishe amatunda twunva imbuto zinzwi nk’amatunda asanzwe ahingwa ariko uyumunshi ngiye kwifashisha ijambo amatunda nshaka gusobanura imbuto muri rusange kugirango wunve ko nituvuga amatunda utaza kunva gusa igiti cy’itunda. Ubuhinzi bw’amatunda aha ni uguhinga ibiti cyangwa ibimera bitanga imbuto ziribwa n’abantu, ziba izo kurya buri munsi,…

Read More

Menya byinshi ku mateka y’ubuhinzi mu Rwanda

Ndagushuhuje wowe muhinzi nawe mworozi, iki ni igice twahariye kumenya byinshi ku buhinzi yewe n’ubworozi, aho tuzajya tunasobanukirwa byinshi bibikomokaho bigira akamaro ku buzima bwa muntu. Aha tugiye kubanza dusobanukirwe igihembwe k’ihinga ese kuki bivugwa gutya? Ese tujya dusobanukirwa ibihingwa bihingwa muri ibyo bihembwe? Mu Rwanda turi mu gihembwe k’ihinga cya  2026 A.  Iki gihembwe…

Read More